![](https://www.ibivugwa.com/wp-content/uploads/2024/12/cdfb3b2a-add8-4857-9fb5-c3b3c81120f3.jpeg)
THE BEN YATANGAJE KO MU IGITARAMO CYE HAZABAMO UDUSHYA ABANTU BATIGEZE BABONA
![](https://www.ibivugwa.com/wp-content/uploads/2024/12/cdfb3b2a-add8-4857-9fb5-c3b3c81120f3.jpeg)
kuri uyu wa mbere tariki 30/12/2024 habaye inama y’abanyamakuru ( press conference ) umuhanzi THE BEN atangaza byinshi bizabera mu igitaramo arigutegura tariki 1 mutarama 2025.
Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben azatangira umwaka wa 2025 ataramira abakunzi be , ubwo azamurika album ye kuwa 1 mutarama 2025 muri BK Arena. iki gitaramo cyiswe the new year groove & Album launch cyitezweho udushya twinshi ndetse n’isomo ku rugero rw’umuziki nyarwanda.
![](https://www.ibivugwa.com/wp-content/uploads/2024/12/665ec5fa-464c-4237-9b65-f6d703a07e17.jpeg)
The Ben abajijwe niba ariwe uzaririmba mu igitaramo cye wenyine yagize ati: mushonje muhishiwe ariko acamarenga ko abahanzi bose bakoranye indirimbo ( collabo ) bazaba bari muri iki gitaramo. uyu muhanzi yakoranye indirimbo nabahanzi benshi kandi bakomeye harimo Diamond platnumz ,can’t get enouth arikumwe na otile brown , best friend arikumwe na bwiza , sikosa arikumwe na element ndetse na kevin kade ndetse nabandi benshi .
Umuhanzi The Ben yavuze ko iyi album ye iriho indirimbo 12 zimwe zasohotse izindi zizasohoka ku munsi w’igitaramo , muyoboke alex uri kumufasha gutegura igitaramo yatangajeko amatike arikugurwa cyane kumunsi wejo ko imyanya ishobora kuba yashize.
Related posts
0x1c8c5b6a
0x1c8c5b6a
0x1c8c5b6a
0x1c8c5b6a
0x1c8c5b6a
0x1c8c5b6a
0x1c8c5b6a
0x1c8c5b6a
0x1c8c5b6a
0x1c8c5b6a
Leave a comment